"Gutsinda"
— iliyoimbwa na Ish Kevin
"Gutsinda" ni wimbo ulioimbwa kwenye mnyarwanda iliyotolewa mnamo 13 februari 2024 kwenye chaneli rasmi ya lebo ya rekodi - "Ish Kevin". Gundua maelezo ya kipekee kuhusu "Gutsinda". Tafuta wimbo wa maneno wa Gutsinda, tafsiri, na ukweli wa wimbo. Mapato na Net Worth hukusanywa kwa ufadhili na vyanzo vingine kulingana na kipande cha habari kinachopatikana kwenye mtandao. Wimbo wa "Gutsinda" ulionekana mara ngapi katika chati za muziki zilizokusanywa? "Gutsinda" ni video ya muziki inayojulikana sana ambayo ilichukua nafasi katika chati maarufu, kama vile Nyimbo 100 Rwanda Bora, Nyimbo 40 mnyarwanda Bora, na zaidi.
|
Download New Songs
Listen & stream |
|

"Gutsinda" Ukweli
"Gutsinda" imefikia jumla ya mara ambazo zimetazamwa 171.3K na kupendwa 5.6K kwenye YouTube.
Wimbo umewasilishwa mnamo 13/02/2024 na ukatumia wiki 57 kwenye chati.
Jina asili la video ya muziki ni "ISH KEVIN - GUTSINDA ( OFFICIAL VIDEO)".
"Gutsinda" imechapishwa kwenye Youtube saa 12/02/2024 19:40:51.
"Gutsinda" Nyimbo, Watunzi, Lebo ya Rekodi
Dir by 2Phones
Prod by Juni Quickly
Gutsinda
Shumi I'm Busy makin proud mes parents
And Am winning, Kand' am still Creatin sounds independente
Hadui Ngo Ish Did this and that,Oya ce n'etait pas moi
Nd'umu Gee uri elegant jye nd'iyindi breed ndi different
And I've been sweating blood and tears
Sininjirirwa gutyo gutyo
You know I've been facing all my fears
Nshyirira momo before you call
Nshaka gutsindana na fam
Coz niyo mahitamo buno
Ndigushaka gu Provinga na work
I ain't out to chase aya **buno
And All of my niggas are winning
Uwo Niba atariha ,arahamagar'iki?
Ndi gukura I got fam that i'm feeding
Punguza gukina ndashaka Ama billie
And All of my niggas are winning
Uwo Niba atariha ,arahamagar'iki?
Ndi gukura I got fam that am feeding
Punguza gukina ndashaka Ama billie
(Chorus)
Nje gutsinda yeah yeah yeah
Coz Street yarantoje ndiga
Jah mfasha umwanzi wanjye
Arambe Agume ambone nkira
Nje gutsindaa yeah yeah
Coz Street yarantoje ndiga
Jah mFasha umwanzi wanjye
Arambe Agume ambone nkira
(Verse2)
Nsamajwe no kugwiza amagana
Nkanashimisha Nyagasani avant
Nkantuza nkakorera igihugu mpaka
Nkanagafata, papa akaba proud ya
Work ya Son , na maman 'akarya
Akanaryama, akanavara ama bazin
Ya kafaa,mbihagazeho sinanagwa
mukazi sinkeneye any new friends
Nshak'iterambere ryihuse
Whatch nigga kuko any time u fail
Hano Niyo yambere ib'izaguseka
I'm appreciatin all the pain that I been through
Batangiye ku respecting all the sweat and skills
Ndi mukazi sinkeneye any new friends
Nshaka iterambere ryihuse
Watch a nigga kuko any time you fail
Hano Niyo yambere iba izaguseka
I'm appreciating all the pain that I'vebeen through
Ubu Batangiye ku respecting all the sweat n'ama big moves
And All of my niggas are winning
Uwo Niba atariha ,arahamagar'iki?
Ndi gukura I got fam that am feeding
Punguza gukina ndashaka Ama billie
(Chorus)
Nje gutsinda yeah yeah yeah
Coz Street yarantoje ndiga
Jah mfasha umwanzi wanjye
Arambe Agume ambone nkira
Nje gutsindaa yeah yeah
Coz Street yarantoje ndiga
Jah mFasha umwanzi wanjye
Arambe Agume ambone nkira